ABAKOZI BA DASSO BAKORERA MU MURENGE WA SAKE BASHYIKIRIJWE ICUMBI RIZABAFASHA KUNOZA SERIVISI
Mu rwego rwo kunoza imikorere no korohereza abakozi b’urwego rwunganira inzego z’ibanze mu gucunga umutekano (DASSO), Akarere ka Ngoma kabashyikirije…
IVURIRO RY’IBANZE RYA MAHANGO RYATANGIYE GUTANGA SERIVISI Z’UBUVUZI, ABATURAGE BARISHIMIRA INTAMBWE IGEZWEHO
Abaturage bo mu kagari ka Mahango, Umurenge wa Kibungo barishimira ko ivuriro ry’ibanze ryaho ryatangiye gutanga serivisi z’ubuvuzi nyuma y’igihe…
Umuhanda Vundika–Vivante watangiye gukoreshwa, abaturage bashimira iterambere ry’imihanda
Umuhanda Vundika–Vivante, ureshya n’ibirometero bitatu (Km 3), watangiye gukoreshwa n’abagenzi nyuma y’igihe wari umaze wubakwa mu mihigo y’umwaka…
BDF yiteguye gushyigikira imishinga yahungabanyijwe na COVID-19
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse (BDF) cyatangaje ko kigiye kongera imbaraga mu gushyigikira imishinga yagizweho…
Ngoma: Umuyobozi w’Akarere ayoboye Inama y’Imyiteguro y’Ibizamini bya Leta
Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma NIYONAGIRA Nathalie kuri uyu wa Mbere taliki 07/07/2025 yayoboye inama yateguwe hagamijwe kunoza imyiteguro y’ikorwa…
Umushinga Gera ku Ntego washyikirije amagare urubyiruko, ubuyobozi busaba kwitinyuka no gukora cyane.
Kuri uyu wa Gatatu, Umushinga Gera ku Ntego ufasha urubyiruko gukora amatsinda yo kubitsa no kugurizanya, uterwa inkunga na Caritas Rwanda,…
Ngoma: REB n’Akarere batanze mudasobwa ku bigo by’amashuri, ubuyobozi busaba kuzifata neza
Uyu munsi, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI Cyriaque, yashyikirije abayobozi b’ibigo by’amashuri mudasobwa…
Abafatanyabikorwa mu micungire y’amazi bashyize imbere kongera amazi meza no gufata neza ibikorwaremezo
Ibi byagarutsweho mu nama yahuje Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI Cyriaque n’abagize komite y’imicungire…
Meya NIYONAGIRA Nathalie yasabye abafatanyabikorwa b’Akarere gushyira imbere ibikorwa bifasha abaturage kwikura mu bukene.
Mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Ngoma yateranye kuri uyu wa Gatatu taliki 18 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere NIYONAGIRA Nathalie yasabye…
Ubuhinzi bw’inanasi mu nkengero z’ikiyaga cya Mugesera burimo guhindura ubuzima bw’abaturage
Mu nkengero z’ikiyaga cya Mugesera, ahahoze hafatwa nk’ahantu hatari agaciro mu buhinzi, hatangiye kwera imbuto y’iananasi. Ubutaka bwo muri aka gace,…