Komite Nyobozi Nshya y'Akarere ka ngoma yarahiriye gutangira inshingano, hanakorwa umuhango w'ihererekanyabubasha.
Komite Nyobozi Nshya y'Akarere ka ngoma yarahiriye gutangira inshingano, hanakorwa umuhango w'ihererekanyabubasha.
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu yasabye abiyamamariza kwinjira mu Nama Njyanama y'Akarereka ngoma kuzatega amatwi abaturage bakumva ibibazo byabo kandi bigashakirwa ibisubizo
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu yasabye abiyamamariza kwinjira mu Nama Njyanama y'Akarereka ngoma kuzatega amatwi abaturage bakumva ibibazo byabo…
Mu karere ka Ngoma hamaze kumenyekana abagore 5 batorewe kujya mu nama njynama.
Mu karere ka Ngoma hamaze kumenyekana abagore 5 batorewe kujya mu nama njynama.
Mu midugudu yose igize Akarere ka Ngoma Komite Nyobozi yatorewe kuyobora umudugudu yatangiye inshingano.
Mu midugudu yose igize Akarere ka Ngoma Komite Nyobozi yatorewe kuyobora umudugudu yatangiye inshingano.
Ikipe y'Akarere ka Ngoma Etoile de l'Est iherutse gutsindira gukina icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda yashimiwe na Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba.
Ikipe y'Akarere ka Ngoma Etoile de l'Est iherutse gutsindira gukina icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda yashimiwe na Guverineri w’Intara…
Mbere yo gusoza manda yayo Inama njyanama y’Akarere ka Ngoma idasanzwe yateranye yiga kubibazo by’abaturage bayiigejejeho.
Mbere yo gusoza manda 2016/2021 Inama njyanama y’Akarere ka Ngoma idasanzwe yateranye yiga kubibazo by’abaturage bayiigejejeho.
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda yo kugira umudugudu utarangwamo ibyaha Madamu NYIRAMANA Florida yashikirijwe inka y'ubumanzi nk'umuyobozi w'umudugudu wahize abandi mu karere ka Ngoma.
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda yo kugira umudugudu utarangwamo ibyaha Madamu NYIRAMANA Florida yashikirijwe inka y'ubumanzi nk'umuyobozi…
Nyuma yo kunyagira Amagaju FC Ikipe ya Etoile de l'Est FC yerekeje mu cyiciro cya mbere cy'umupira w'amaguru mu Rwanda
Nyuma yo kunyagira Amagaju FC Ikipe ya Etoile de l'Est FC yerekeje mu cyiciro cya mbere cy'umupira w'amaguru mu Rwanda
Mu mirenge yose igize Akarere ka Ngoma hatangijwe ukwezi kwahariwe umutekano, isuku n’isukura.
Mu mirenge yose igize Akarere ka Ngoma hatangijwe ukwezi kwahariwe umutekano, isuku n’isukura.
Imiryango 104 irishimira ko yagabiwe inka binyuze muri gahunda ya Girinka Munyarwanda.
Imiryango 104 irishimira ko yagabiwe inka binyuze muri gahunda ya Girinka Munyarwanda.