Karembo: Abaturage bahinga mu gishanga cya Karembo mu murenge wa Karembo batangiye kwiteza imbere babikesha umusaruro w’imboga.
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Karembo batinyutse ubuhinzi bw’imboga bavuga ko batangiye kubona umusaruro no guteza imbere imiryango yabo…
Rukumberi: Imibiri 14 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yashyinguwe mu cyubahiro
Kuri iki cyumweru Ku rwibutso rwa rukumberi habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 no gushyingura imibiri 14…
Mutenderi: Nyuma y'umuganda Umuyobozi w’Akarere yasabye abaturage gukora cyane kugira ngo bikure mu bukene
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26.04.2025 hirya no hino mu Mirenge yose igize Akarere ka Ngoma habaye igikorwa cy’umuganda rusange usoza ukwezi kwa…
Abafashe ubwishingizi bw’ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi baravuga ko byabarinze igihombo
Mu rwego rwo gufasha abahinzi n’aborozi mu guhangana n’ingaruka ziterwa n’imihindagurikire y’ibihe n’ibindi byago bitunguranye, Leta y’u Rwanda…
Abaturage barasabwa gufata ingamba zo kwirinda ibiza bitewe n’imvura nyinshi iteganyijwe.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burasaba abaturage bose gufata ingamba zo kwirinda ibiza no gukumira ingaruka zishobora guterwa n’imvura nyinshi…
Abarwayi bari bamaze igihe kinini bategereje ubuvuzi busaba kubagwa bahawe serivisi.
Kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2025 abaturage bo mu Karere ka Ngoma, Kirehe na Kayonza bari bamaze igihe bategereje serivisi z’ubuvuzi busaba…
Abayobozi b’amavuriro y’ibanze basabwe kunoza serivisi z'ubuvuzi baha abaturage
Kuri uyu wa Gatatu taliki 23 Mata 2025, Umuyobozi w’Akarere Madamu Nathalie Niyonagira, yasabye abayobozi b’amavuriro y’ibanze gutanga serivisi nziza…
Umufatanyabikorwa w’Akarere ka Ngoma Tubura yatangije igikorwa cyo gufasha abahinzi ba Kawa.
Mu nama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere hamwe n’Umufatanyabikorwa Tubura hagaragajwe umushinga mushya ugiye guteza imbere igihingwa cya Kawa rwego rwo…
Umushinga PCCR ku bufatanye n’Ubuyobozi bw’Akarere watangije iyubakwa ry’ingo mbonezamikurire 2 z’icyitegererezo
Mu rwego rwo guteza imbere uburere bw’abana bato no guteza imbere imikurire myiza y’abana, umushinga Prennting Child Care Rwanda (PCCR) ku bufatanye…
Abarangije amasomo y’imyuga mu kudoda bahawe imashini mu rwego rwo kubafasha kwihangira imirimo
Mu rwego rwo guteza imbere urubyiruko no kurwanya ubushomeri, abarangije amasomo y’imyuga mu kudoda bahawe imashini, kugira ngo babashe gutangira…