Umunyamabanga wa Leta muri MInisiteri y’Uburezi Madamu IRERE Claudette yifatanyije n'abaturage b'Akarere ka Ngoma mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe 2025
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Madamu IRERE Claudette, ari kumwe na Senateri…
Amavuriro y'ibanze yegerejwe abaturage yabaruhuye ingendo bakoraga bajya gushaka serivisi z'ubuvuzi kure yabo.
Mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubuzima no kwegereza abaturage ubuvuzi bwihuse kandi bufite ireme, mu Karere ka Ngoma hamaze gushyirwaho amavuriro…
Ikibazo cy’umusaruro w’imboga n’imbuto wajyaga wangirika ukimara gusarurwa kigiye kubonerwa igisubizo.
Mu Rwanda, kimwe no mu bindi bihugu by’ubuhinzi, imboga n’imbuto nyinshi zipfa kubera kubura uburyo bwo kuzibika neza. Bimwe mu bibazo abahinzi bahura…
Mu mezi abiri ari imbere mu Karere ka Ngoma hagiye kuzura umuyoboro uzageza amazi meza ku baturage ku kigero cya 100%.
Mu mpera z’ukwezi kwa Mata 2025 mu Karere ka Ngoma hazatahwa umuyoboro uzegeza abaturage amazi meza ku baturage ku kigero cya 100%. Ayo mazi azatangwa…
Itsinda ry’abadepite basuye imishinga y’ubuhinzi mu Karere ka Ngoma
Kuri uyu wa Kane taliki 20.03.2025 itsinda ry’abadepite Hon.NKURANGA Egide na Hon.UWAMAHORO Prisca bagize Komisiyo y'Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi…
Ababyeyi basabwe kugira umuco wo kohereza abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato.
None kuwa 19.03.2025 mu Karere ka Ngoma habaye ibirori byo Kwizihiza Umunsi wahariwe imbonezamikurire y'Abana bato, wari ufite insanganyamatsiko igira…
Guverineri Pudence RUBINGISA yasabye abaturage kwirinda amakimbirane kuko adindiza iterambere ry’umuryango
Ibi yabigarutsweho kuri uyu wa Kabiri taliki 18.03.2025 ubwo hazozwaga icyumweru cyahariwe kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Ntara…
Ibigo Nderabuzima birindwi byashyikirijwe moto zizabafasha kwegereza abaturage serivisi z’ubuvuzi.
Ibigo nderabuzima birindwi byo mu Karere ka Ngoma byashyikirijwe moto zitezweho kuzafasha abayobozi babyo ndetse nabyo muri rusange kwegereza…
Abahinga urutoki mu Murenge wa Rukira baravuga ko ubu buhinzi bumaze kubateza imbere.
Abahinzi ba kijyambere b’urutoki mu Murenge wa Rukira baravuga ko bamaze kugera kuri byinshi babikesha ubu buhinzi bw’urutoki.
RUGEMANE Charles atuye…
Hon.SENATERI NYIRASAFARI Esperance yasabye abaturage kwirinda amakimbirane.
Ubwo bari muruzinduko rw’akazi mu Karere ka Ngoma, abagize itsinda ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda bayobowe na…