Remera: Hatangijwe ubukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho by’umwihariko ibisazi biterwa no kurumwa n’imbwa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Mutarama 2026, Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI…

Read more →

Mu mujyi wa Kibungo hatangiye kubakwa imihanda ya Kaburimbo ireshya n'ibilometero 8,5 yitezweho guhindura isura nshya y’umujyi.

Mu mujyi wa Kibungo hatangiye kubakwa imihanda ya Kaburimbo ireshya na kilometer 8,5 yitezweho guhindura isura nziza y’umujyi.
Read more →

Kwizihiza umunsi wo #Kwibohora27 mu karere ka Ngoma byaranzwe no gutaha bimwe mu bikorwa by'iterambere

Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wo #Kwibohora27 mu karere ka Ngoma byaranzwe no gutaha bimwe mu bikorwa by’iterambere byagezweho mu mwaka wa 2021
Read more →

ABAKUZE 241 BIGISHWIJWE GUSOMA NO KWANDIKA BAHAWE IMPAMYABUMENYI.

Mu murenge wa Rurenge abaturage bize gusoma no kwandika mu cyiciro cy’abakuze bashyikirijwe impamyabumenyi n’umuyobozi w’Akarere ka Ngoma Bwana…
Read more →

EP RUGESE ISHURI RYITEZWEHO KUGABANYA INGENDO ABANA BAKORAGA BAJYA KWIGA KURE

KU ISHURI RIBANZA RYA RUGESE MU MURENGE WA RURENGE HATASHWE IBYUMBA BY'AMASHURI BISHYA 20 BYITEZWEHO KUGABANYA URUGENDO NDETSE N'UBUCUCIKE.
Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bwashyikirije Ibitaro Bikuru bya Kibungo Imbangukiragutabara yaguzwe n'Akarere.

Kuri uyu wa mbere, tariki 17.05.2021, ubuyobozi bw'Akarere ka Ngoma bwashyikirije Ibitaro Bikuru bya Kibungo imbangukiragutabara ifite agaciro kangana…
Read more →

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yasuye Koperative y'ubuhinzi bw’urutoki.

Kuri uyu wa 04/06/2020 Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr. MUKESHIMANA Gerardine ari kumwe na Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Fred…

Read more →

Umusaruro ukomoka ku burobyi

None kuwa 02/06/2020 mu kiyaga cya Mugesera ho mu murenge wa Mugesera umuyobozi w'Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu Bwana…

Read more →

Kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Gusoma 2019

Taliki ya 05/02 buri mwaka ni Umunsi Mpuzamahanga wo Gusoma, ni muri urwo rwego kuri uyu wa 05/02/2020 Minisiteri y’uburezi ifatanyije…

Read more →

Amashirakinyoma ku nkuru y'umunyeshuri byavuzwe ko yarajwe mu ishyamba muri TTC-Zaza.

Amashyirakinyoma ku munyeshuri byavuzwe ko yarajwe mu ishyamba muri TTC-Zaza.

Nyuma y'uko mu bitangazamakuru bitandukanye hasohotse inkuru igira iti

Read more →