Remera: Hatangijwe ubukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho by’umwihariko ibisazi biterwa no kurumwa n’imbwa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Mutarama 2026, Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI…

Read more →

ABAFATANYABIKORWA BA JADF NGOMA BIYEMEJE GUTEZA IMBERE IMIBEREHO MYIZA Y’ABATURAGE

ABAFATANYABIKORWA BA JADF NGOMA BIYEMEJE GUTEZA IMBERE IMIBEREHO MYIZA Y’ABATURAGE

Kuri uyu wa kabiri, mu nama y’inteko rusange yahuje…

Read more →

Abakozi b’Akarere ka Ngoma bahuye n’ab’Umurenge wa Jarama mu gukangurira abakozi ba Leta kwitabira Siporo.

Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abaturage kugira ubuzima buzira umuze, kuri uyu wa Gatanu taliki 18.07.2025, abakozi b’Akarere ka Ngoma bahuye…

Read more →

BNR yashimiye abagore bahize abandi mu gukangurira bagenzi babo kwitabira serivisi z’imari zishingiye ku ikoranabuhanga.

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yashimiye abagore b’indashyikirwa bakoze ubukangurambaga bwo gushishikariza bagenzi babo kwiyandikisha no gukoresha…

Read more →

MUKANKUSI DELPHINE ARASHIMIRA LETA NYUMA YO GUSHYIKIRIZWA ICUMBI YUBAKIWE.

 

Remera: MUKANKUSI delphine, umuturage wo mu Kagari ka Bugera, Umurenge wa Remera arashimira Leta y’u Rwanda yamwubakiye inzu nshya igezweho ndetse…

Read more →

ABABYEYI BIVURIZA KU KIGO NDERABUZIMA CYA RUBONA BARISHIMIRA INZU Y’ABABYEYI BUBAKIWE.

Ababyeyi bivuriza ku kigo nderabuzima cya Rubona giherereye mu Murenge wa Kibungo, bishimiye inzu y’ababyeyi bubakiwe ku bufatanye…

Read more →

ABAKOZI BA DASSO BAKORERA MU MURENGE WA SAKE BASHYIKIRIJWE ICUMBI RIZABAFASHA KUNOZA SERIVISI

Mu rwego rwo kunoza imikorere no korohereza abakozi b’urwego rwunganira inzego z’ibanze mu gucunga umutekano (DASSO), Akarere ka Ngoma kabashyikirije…

Read more →

IVURIRO RY’IBANZE RYA MAHANGO RYATANGIYE GUTANGA SERIVISI Z’UBUVUZI, ABATURAGE BARISHIMIRA INTAMBWE IGEZWEHO

Abaturage bo mu kagari ka Mahango, Umurenge wa Kibungo barishimira ko ivuriro ry’ibanze ryaho ryatangiye gutanga serivisi z’ubuvuzi nyuma y’igihe…

Read more →

Umuhanda Vundika–Vivante watangiye gukoreshwa, abaturage bashimira iterambere ry’imihanda

Umuhanda Vundika–Vivante, ureshya n’ibirometero bitatu (Km 3), watangiye gukoreshwa n’abagenzi nyuma y’igihe wari umaze wubakwa mu mihigo y’umwaka…

Read more →

BDF yiteguye gushyigikira imishinga yahungabanyijwe na COVID-19

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse (BDF) cyatangaje ko kigiye kongera imbaraga mu gushyigikira imishinga yagizweho…

Read more →