Remera: Hatangijwe ubukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho by’umwihariko ibisazi biterwa no kurumwa n’imbwa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Mutarama 2026, Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI…

Read more →

Umuryango witwa AKOWS watangije gahunda yo gufasha abagore binyuze mu mikino n'ubugeni.

Umuryango AKWOS wagaragarije ubuyobozi bw’Akarere umushinga wayo ujyanye no gufasha abagore n’abakobwa bakorewe ihohoterwa kongera kwigaruria icyizere…

Read more →

Karembo: Abaturage bahinga mu gishanga cya Karembo mu murenge wa Karembo batangiye kwiteza imbere babikesha umusaruro w’imboga.

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Karembo batinyutse ubuhinzi bw’imboga bavuga ko batangiye kubona umusaruro no guteza imbere imiryango yabo…

Read more →

Rukumberi: Imibiri 14 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yashyinguwe mu cyubahiro

Kuri iki cyumweru Ku rwibutso rwa rukumberi habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 no gushyingura imibiri 14…

Read more →

Mutenderi: Nyuma y'umuganda Umuyobozi w’Akarere yasabye abaturage gukora cyane kugira ngo bikure mu bukene

 

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26.04.2025 hirya no hino mu Mirenge yose igize Akarere ka Ngoma habaye igikorwa cy’umuganda rusange usoza ukwezi kwa…

Read more →

Abafashe ubwishingizi bw’ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi baravuga ko byabarinze igihombo

Mu rwego rwo gufasha abahinzi n’aborozi mu guhangana n’ingaruka ziterwa n’imihindagurikire y’ibihe n’ibindi byago bitunguranye, Leta y’u Rwanda…

Read more →

Abaturage barasabwa gufata ingamba zo kwirinda ibiza bitewe n’imvura nyinshi iteganyijwe.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burasaba abaturage bose gufata ingamba zo kwirinda ibiza no gukumira ingaruka zishobora guterwa n’imvura nyinshi…

Read more →

Abarwayi bari bamaze igihe kinini bategereje ubuvuzi busaba kubagwa bahawe serivisi.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2025 abaturage bo mu Karere ka Ngoma, Kirehe na Kayonza bari bamaze igihe bategereje serivisi z’ubuvuzi busaba…

Read more →

Abayobozi b’amavuriro y’ibanze basabwe kunoza serivisi z'ubuvuzi baha abaturage

Kuri uyu wa Gatatu taliki 23 Mata 2025, Umuyobozi w’Akarere Madamu Nathalie Niyonagira, yasabye abayobozi b’amavuriro y’ibanze gutanga serivisi nziza…

Read more →

Umufatanyabikorwa w’Akarere ka Ngoma Tubura yatangije igikorwa cyo gufasha abahinzi ba Kawa.

Mu nama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere hamwe n’Umufatanyabikorwa Tubura hagaragajwe umushinga mushya ugiye guteza imbere igihingwa cya Kawa rwego rwo…

Read more →